Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Nyanza:Umwana na se bakurikiranyweho kwica umukecuru

Minisitiri Dr. Gasore yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya Africa We Build Summit 2026

Public Announcement: Intention to Close Operations of Land O’Lakes Ventures 37 in Rwanda

I&M BANK: Tender Open To National Registered Companies

Umuhanzi Florien Uworizagwira benshi bazi nka Yampano, yasabye imbabazi abakunzi be nyuma y'amashusho y'urukozasoni ye yagiye hanze
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Niyo Bosco, yatangaje ko yitegura gukora ubukwe n’umukunzi we Mukamisha Irene, bitarenze muri Mutarama 2026
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Ntwari Fiacre, agiye kumara amezi abiri adakina nyuma yo kubagwa imvune y’urutugu yari amaranye igihe
Umuraperi Karangwa Lionel benshi bazi nka 'Lil G', yateye imitoma umukunzi we Emilia wo muri Pologne, bitegura kurushinga muri 2026
Kwizera Emelyne uzwi cyane nka "Emelyne Ishanga" yabatijwe mu mazi menshi yemera kwakira yesu nk'umwami n'umukiza
muhanzi akaba n’utunganya indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye kwikubita agashyi nyuma yaho benshi mu bakunzi b’umuziki we bakomeje kumushinja intege nke ndetse n’ubunebwe iyo agiye ku rubyiniro.
Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'Umunyarwanda , Hakim Sahabo umaze igihe yirengagizwa yaciye amarenga yuko akumbuye gukinira Amavubi.
Umuhanzi Weasel Manizo wamamaye mu itsinda rya Goodlife muri Uganda, yateye imitoma umugore we Teta Sandra ku munsi w'isabukuru ye y'amavuko.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka