Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia
Umunyarwandakazi Nkezabera Kyra ari mu bakobwa 32 bageze ku musozo w’irushanwa rya Nyampinga w’u Bubiligi
Umunyarwandakazi, Tuyishime Solange Keita wari uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Universe, yasoje iri rushanwa ari mu bakobwa 30 ba mbere, ku nshuro ya mbere yari aryitabiriye
Umuhanzi Ngabo Medard benshi bazi nka 'Meddy', kuri ubu usigaye yariyeguriye kuririmbira Imana yakeje Richard Nick Ngendahayo ufite igitaramo gikomeye ategerejwemo muri BK Arena
Umuraperi Papa Cyangwe ugeze kure y'itegura igitaramo cyo kumurika album ye nshya yise 'Now or Never Album Launch' yararikiye abakunzi be kuzitabira ku bwinshi ndetse atangaza ko yatumiye Rocky n'abagenzi be bahoze bakorana mu bijyanye n'umuziki
Maison Inkindi ni inzu y’imideli imaze igihe kigera ku myaka itatu ikora, iyi nzu itunganya imyenda ishaje abantu batagishaka kwambara ikongera kuba mishya
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yuko yaba abayeho mu buzima bumushaririye nyuma y’igihe kigera ku mezi atanu arushinze na Idrissa Ouédraogo
Umukinnyi wa filime Nyarwanda, Lynda Priya n’umukunzi we Christian Irenge, bamaze gutangaza ko ubukwe bwabo buzaba muri Gashyantare 2026
U Rwanda rwashyizwe mu Itsinda A muri tombola y’uko amakipe azahura mu Gikombe cya Afurika cy'umukino w'intoki 'Handball', aho ruzaba ruhatanye na Algérie, Nigeria na Zambia
Richard Nick Ngendahayo, yahishuye ko indirimbo ye "Si umuhemu", iri mu zikundwa na bantu benshi, yayanditse ubwo yari asoje imyitozo ya gisirikare imwinjiza mu ngabo za RPA Inkotanyi mu mwaka wa 1990