Camille Ndikumana

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Urugendo rwa Dr. Sina Gerard, wiyubatse buhoro buhoro, abihereye ku bucuruzi buto bwo mu cyaro, akaza kugera ku rwego rwo hejuru nk’umwe mu baherwe 10 ba mbere mu Rwanda
APR FC yihanangirije ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa gishuti wabaye wo kwizihiza ibirori by’Inkera y’Abahizi byahuje abayobozi, abakinnyi n’abafana b’iyi kipe
Gasogi United yaguye miswi na Mukura Victory Sports mu mukino wa gishuti utegura Shampiyona y’umupira w’Amaguru y’umwaka wa 2025/2026
Ikipe ya Rayon Sports inyagiwe n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania mu mukino wa gishuti wari wateguwe na Rayon Sports ku munsi mukuru wa Rayon Day
Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo
Tariki ya 10 Kanama ni umunsi udasanzwe mu mateka y’u Rwanda, kuko ni bwo hizihizwa isabukuru y’amavuko ya Madamu Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame
Hari ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byabashije kurwubaka rurakomera ndetse uyu munsi abakibyiruka bashaka kuzubaka uruzira kuryana hari amasomo arenze rimwe bakura kuri izi ngo z’ibyamamare
Teta Sandra yagonze  umugabo we Weasel Manizo kuri ubu akaba arembeye mu bitaro bya Nsambya Hospital muri Uganda.