Nina Cynthia

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

U Rwanda rwashyizwe mu Itsinda A muri tombola y’uko amakipe azahura mu Gikombe cya Afurika cy'umukino w'intoki 'Handball', aho ruzaba ruhatanye na Algérie, Nigeria na Zambia
Richard Nick Ngendahayo, yahishuye ko indirimbo ye "Si umuhemu", iri mu zikundwa na bantu benshi, yayanditse ubwo yari asoje imyitozo ya gisirikare imwinjiza mu ngabo za RPA Inkotanyi mu mwaka wa 1990
Umuhanzi Florien Uworizagwira benshi bazi nka Yampano, yasabye imbabazi abakunzi be nyuma y'amashusho y'urukozasoni ye yagiye hanze
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Niyo Bosco, yatangaje ko yitegura gukora ubukwe n’umukunzi we Mukamisha Irene, bitarenze muri Mutarama 2026
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Ntwari Fiacre, agiye kumara amezi abiri adakina nyuma yo kubagwa imvune y’urutugu yari amaranye igihe
Umuraperi Karangwa Lionel benshi bazi nka 'Lil G', yateye imitoma umukunzi we Emilia wo muri Pologne, bitegura kurushinga muri 2026
Kwizera Emelyne uzwi cyane nka "Emelyne Ishanga" yabatijwe mu mazi menshi yemera kwakira yesu nk'umwami n'umukiza
muhanzi akaba n’utunganya indirimbo, Element Eleeeh, yatangaje ko agiye kwikubita agashyi nyuma yaho benshi mu bakunzi b’umuziki we bakomeje kumushinja intege nke ndetse n’ubunebwe iyo agiye ku rubyiniro.