Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Uyu munsi Ijuru ryohereje ku Isi umugabo uhamye! Nadia Agasaro yateye imitoma Riderman ku munsi w’isabukuru ye

Abapolisi bagiye kujya mu butumwa bwa Loni muri Central Africa babanje guhabwa impanuro

Perezida Kagame yagaragaje uko ikoreshwa rya ‘nuclear’ ryafasha u Rwanda kuba igihugu gikize

Ubuhinzi: Igisubizo ku izamuka ry’ibiciro no kuringaniza ubucuruzi mpuzamahanga

AFC/M23 ryatangaje ko ritazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk'uko byagenze basohoka mu mujyi wa Goma ubwo yawufataga
AFC/M23 yatangaje ko yohereje intumwa zayo i Doha muri Qatar mu biganiro ihuriramo n’intumwa za Leta ya Congo, kandi ko basaba iyi Leta gufungura imfungwa zifungiwe i Kinshasa no guhagarika ibitero ku birindiro byabo
Urukiko rukuru rw'Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwasabiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila Kabange wahoze ayobora iki gihugu aho bamushinja kuba inyuma y'ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC, ariryo AFC/M23 no kuba ari Umunyarwanda
AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu (Human Right Watch) yasohoye raporo iyishinja kwica abasivili barenga 140 mu bice byegereye pariki y’igihugu ya Virunga
Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo usuzumwe mbere yo kwemerwa
AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ryatangaje ko ingabo za FARDC n’abandi barwanyi bafatanya nayo bateye ibisasu biremereye mu bice bituyemo abaturage benshi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungurehe, yagaragaje ko ibikorwa by’umutwe w’iterabwoba wa FDLR biteye inkenke ku mutekano w’igihugu cy’u Rwanda
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaganye Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo muri Goma kuri ubu hagenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23 rutabaga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu
Daniel Paluku Kisaka wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku butegetsi bwa Joseph Kabila yagaragaye yambaye umwambaro wa gisirikare wa AFC/M23, kandi afite n’imbunda
General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe intambara izaba yongeye kubura hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 niza Congo FARDC ingabo abereye umuyobozi zizayinjiramo

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka