Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko nta muhuza ukenewe kugira ngo Abanye-Congo bakemure amakimbirane bafitanye
Mu ntangiriro z'icyumweru gishize, nibwo Qatar yakiriye ibiganiro bishya bihuza impande zishyamiranye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, AFC/M23 na Leta ya Kinshasa.
Umusirikare wa FARDC wo mu ngabo zishinzwe umutekano w’umuyobozi w’ingabo muri Kivu y’Amajyepfo, ku ruhande rukiri mu maboko ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarashwe na Wazalendo
Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa RDC, Wazalendo yateje akavuyo mu muhango wo gushyingura Colonel Patrick Gisore uheruka kwitaba Imana azize impanuka y’indege.
AFC/M23 ryatangaje ko ritazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk'uko byagenze basohoka mu mujyi wa Goma ubwo yawufataga
Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!