Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko gahunda yabo ari ugukuraho perezida Felix Tshisekedi,aha inkwenene Tshisekedi ushukisha Perezida Donald Trump amabuye kandi nta kirombe agira, anenga abashinja u Rwanda gufasha uyu mutwe wa M23 .
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Feleix Tshisekedi, yabwiye abitabiriye Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (UNGA) i New York, ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akwiriye guhabwa igihembo cyitiriwe Nobel kubera uruhare rwe mu gushaka amahoro arambye mu karere k’Ibiyaga Bigari n’ahandi ku Isi.
Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye kuri uwo mwanya nyuma yigitutu yari amaze igihe ashyirwaho n’Abadepite bo muri iki gihugu.
Imirwano ikomeye yongeye kubura i Mpety muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo n’iza Alliance Fleuve Congo, AFC/M23.
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yabujije ikipe yayo kwitabira shampiyona y'Isi y'Amagare iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda.
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wungirije ushinzwe umugabane w’Afurika, Tibor Nagy yanenze igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC na Perezida Felix Tshisekedi, ku ngendo nyinshi akora mu mahanga mu gihe abaturage bo mu gihugu cye bicwa umunsi ku wundi
Intumwa za Guverinoma ya RDC zivuye mu murwa mukuru Kinshasa zakiriwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho zije gukurikirana ikibazo cy'umutekano mucye watewe n’iyoherezwa rya Brig Gen Olivier Gasita
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu n'icy'u Burundi, byabagabyeho ibitero biturutse i Bujumbura na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, bityo ko bagiye kugira icyo bakora ngo bihagarare
Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira batuye Umuyobozi w’uyu mujyi, Kifara Kapenda Kik'y, akababaro n’ubugome bakomeje gukorerwa na Wazalendo, na we abizeza amahoro n’umutekano no gukurikirana ikibazo cy'umutekano wabo
Ihuriro rya AFC/M23 ryafashe ibindi bice bishya byo muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kwirukanamo ingabo zirwanira ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo