Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida Paul Kagame yakiriye Senateri Steve Daines wa Leta ya Montana, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho baganiriye ku bufatanye hagati y’u Rwanda n’Amerika ndetse n'umutekano mu Karere ku Burasirazuba
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga, Dr Usta Kayitesi yagaragaje ko imbogamizi z'ubucuruzi zitari imisoro (NTBs) zizamura ikiguzi cy'ibikorwa by'ubucuruzi mu Karere ka Afurika y'Uburasirazuba ndetse bigatuma abikorera badatera imbere
Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu, Meya Mulindwa Prosper yasabye Abanyarwanda batahuka mu Rwanda bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gushyigikira ubumwe bw'Abanyarwanda no kwirinda amacakubiri
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, Abakirisitu Gatolika hirya no hino ku Isi bizihije Uwa Gatatu w’Ivu, umunsi utangiza ku mugaragaro igisibo cya Kiliziya Gatolika kimara iminsi 40
U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire y’imyaka itatu n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu Bwenge Buhangano cya Anthropic PBC, hagamijwe guteza imbere ikoreshwa rya AI mu nzego zirimo uburezi, ubuzima n’imiyoborere ya Leta
Umunyamideli ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chanel Iman hamwe n’umugabo we, Davon Godchaux bishimiye ibihe byiza bagiriye mu Rwanda, ubwo basuraga Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga
U Rwanda n'igihugu cya Misiri byashyize umukono ku masezerano y’imikoranire agamije gushyiraho uburyo buhamye bwo guhanahana amakuru n’ubunararibonye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi
Umuhanzi ukomoka muri Kenya, Bien-Aimé Baraza, yagaragaje ko ashima ubuyobozi bwa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko ari umwe mu bayobozi b’Afurika bashyira imbere icyerekezo cy’iterambere gishingiye ku kwigira
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwibukije abawutuye gufata ingamba zikenewe zo kwirinda no guhangana n’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi iteganyijwe mu gihe cy’itumba, hagati ya Werurwe na Gicurasi 2026