Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ikoreshwa nabi ry'uburenganzira bwa VETO bufitwe n'ibihugu bitanu bikomeye ku Isi, kuko bibwitwaza mu gushyira igitutu ku bihugu bigize akanama k'umutekano ka Loni, bigakoma mu nkokora ibiganiro by'umutekano
Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yifatanyije n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma barenga 25 baturutse hirya no hino ku mugabane wa Afurika mu nama ya #AfricaForwardSummit.
Umuhanzikazi Nyarwanda Alyn Sano yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya yise Ntibikunda.
Abantu benshi bafata gupfusha umuntu nk'agahinda gakomeye kurusha ibindi byose umuntu ashobora guhura na byo, ariko ubushakashatsi bw'imiterere y'abantu bwo mu 2026, bwagaragaje ko gutandukana n'umukunzi wawe mwakundana by'ukuri 'breakup' bishobora gutera agahinda gakomeye cyane kurusha kubura umuntu wapfuye
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Yusuf Murangwa yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda iziyongera mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/2027, ikagera kuri miliyari 7,796.3 Frw, ivuye kuri miliyari 6,952.1 Frw zari zateganyijwe mu mwaka wa 2025/2026
Minisiteri ya Siporo y'u Rwanda yashyikirijwe igihembo cya “UCI Bike City Label Award” gishimira Umujyi wa Kigali uburyo wakiriye neza Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 yabereye i Kigali muri Nzeri 2025
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yageze muri Uganda aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo u Rwanda rwakire inama mpuzamahanga ihuza abashoramari ndetse n'abayobozi b’ibigo bikomeye,