Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

U Rwanda na Leta ya Djibout, kuva tariki ya 11-13 2025, bigiye guhurira mu nama ya Komisiyo ihuriweho n’ibihugu byombi yo ku rwego rw’Abaminisitiri, igamije gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano asanzweho no gukomeza kongera ubufatanye bw’ibihugu
Perezida Kagame yagaragaje ko kugira ngo Afurika ibashe kwihuta mu bukungu bushingiye ku Ikoranabuhanga, hakenewe ubufatanye hagati ya za guverinoma  n’abikorera
Umunyamabanga Nshingwabikorwa  n’Ushinzwe imibereho myiza n’iterambere mu Kagari, SEDO, umukozi w’Urwego rushinzwe kunganira akarere mu gucunga umutekano, DASSO n’abayobozi b’imidugudu babiri bo  mu Kagari ka Cyabagarura mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze batawe muri yombi.
Urukiko rw’Ikirenga ruherereye Kacyiru mu Karere ka Gasabo, Ku wa 12 Ugushyingo 2025, rwaburanishije urubanza rwa Ingabire Victoire Umuhoza, aho agaragaza ko ingingo yashingiweho atabwa muri yombi  inyuranye n’itegeko Nshinga ry’u Rwanda.
Minisiteri y’Ubucuruzzi n’inganda, MINICOM, yatangaje ko  yamenye ibibazo byagaragajwe n’abakiriya ba Spiro , yizeza ko igiye kubikemura.
Perezida Kagame uri mu rugendo rw'akazi muri Guinée , yifatanyije nabo gutangiza umushinga munini wo gucukura amabuye y’agaciro wa ‘Simandou Iron Ore Project’.
Ikigo gicuruza Moto zikoresha amashanyarazi  cya Spiro, cyasobanuye ibijyanye n’imikorere mibi bikivugwamo.
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu nama y’abepiskopi Gatolika mu Rwanda (Commission Épiscopale Justice et Paix Rwanda),ibinyujije mu mushinga wayo “Amani Kwetu”, kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2025 , yatangije ibiganiro by’iminsi ibiri, bigamije kwimakaza amahoro n’ubwumvikane mu baturage bo mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier, yageze i Islamabad muri Pakistan, aho yitabiriye inama y’abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko, iteganyijwe hagati ya tariki 11-12 Ugushyingo 2025.  
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare