Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) , gitangaza ko muri Nzeri 2025, ibiciro rusange byo mu nganda byazamutseho 13,5%, ugereranyije na Nzeri 2024.
Umuyobozi Mukuru Wa Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yatangaje ko gahunda ya Ndi Umunayrwanda yagize uruhare rukomeye mu komora ibikomeye by’Abanyarwanda no kongera kubaka igihugu .
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) rwavuze ko amasasu yumvikanye mu igororero rya Nyamasheke yari agamije guturisha abagororwa bashatse kwigomeka ku buyobozi bugenga igororero.
Abbé Claude Talbot ufite inkomoko mu Bubiligi wari umaze imyaka irenga 58 yigisha mu iseminari nto yo ku Karubanda,Virgo Fidelis, yo muri Diyosezi ya Butare, yitabye Imana azize uburwayi.
Imodoka yo mu bwoko bwa Minibus, yakoreye impanuka mu Karere ka Ngororero kuri uyu wa 26 Ukwakira 2025, ihitana abantu batatu, abandi 15 barakomereka.
Ku munsi w'ejo tariki ya 25 Ukwakira 2025, u Rwanda rwasubije imodoka eshanu zari zaribwe muri Afurika y’Epfo.
Mu karere ka Gicumbi , batashye ikiraro cyo mu kirere  kirere gihuza abatuye mu Mirenge ya  Bwisige, Nyamiyaga, cyuzuye gitwaye asaga miliyoni 163 frw.
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, yifatanyije n’abatuye akarere ka Karongi mu muganda, ahatewe ibiti kuri site ya Muciro, abasaba kubibungabunga.
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasabye ba ofisiye baranije amasomo ajyanye n'imiyoborere y'ingabo n'izindi nshingano zo mu biro ,Junior Command and Staff Course, kubyaza umusaruro amasomo bahawe , bahanira kugira igisirikare gikomeye kandi kigendera ku kuri.