Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Basketball: U Rwanda rwamenye itsinda rurimo mu gushaka itike y’Igikombe cya Afurika muri U-18

Abakozi 26 bo mu nzego zitandukanye z’umutekano basoje amahugurwa ku micungire y’urwego rw’ingabo

Guverineri KAYITESI yasabye utundi turere kwigira kuri Nyamagabe gahunda ya GiraWigire

Abahinzi n’aborozi basabwe gushyira imbere ikoranabuhanga, ubufatanye no guhanga ibishya

IShowSpeed, icyamamare cyahinduriwe ubuzima n'imbuga nkoranyambaga, uri mu Rwanda, yatangariye Umujyi Kigali, ubwo yasangiraga akanerekwa urukundo n'Abanyarwanda.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025, yasize mu Ntara y’Iburasirazuba habereye impanuka 14, abantu batatu bakahasiga ubuzima.
Mu karere ka Rubavu, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Muatarama 2026, abagize Koperative COTTRARU y’abantu bafite ubumuga ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, yatashye inzu y'ubucuruzi ifite agaciro ka Miliyoni 118.
Pegasus ni Porogaramu yifashishwa mu butasi , ikaba yarigeze kuvugisha abatari bacye n'u Rwanda rurimo rushinjwa kuyikoresha mu kumviriza amabanga y'ibindi bihugu.
Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi , Amb Christophe Bazivamo, yakiriye mu biro bye, Ambasaderi w'Ubushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yanenze raporo iherutse gutangazwa, n’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yibasira umutwe wa AFC/M23 n'u Rwanda.
Nkiri muto najyaga numva abana batashye ubukwe, bagenda bivugisha ngo runaka yarongoye, barajya kumva uko umusore ari bwitware mu gikorwa cy'abashakanye
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera rwashyize mu muhezo, urubanza rw’Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka