Amakuru

Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali Wungirije Ushinzwe Ubukungu n'Imibereho y'Abaturage, Urujeni Martine yasabye urubyiruko rw'abakorerabushake gukomeza kurangwa n'indangagaciro zo gukunda igihugu no kugikorera ndetse no guharanira ubumwe n’ubudaheranwa
Urubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali rwasinye imihigo 20 irimo gukangurira abatuye Kigali kubahiriza igishushanyo mbonera, kurwanya imyubakire y’akajagari, gufatanya na Polisi mu gukumira icyaha no gushishikariza urubyiruko kwizigamira no kwitabira gahunda za Leta
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, ryafatanye umugore witwa Kakure Marie Louise, udupfunyika 274 tw'urumogi murugo iwe
Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ),kuwa Gatanu tariki ya 29 Kanama 2025, ryatoye abayobozi bashya, mu nteko rusange ya ARJ, yigiwemo ingingo zitandukanye
kigo Gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda,RAB, cyasabye abantu bose batunze imbwa by’umwihariko abatuye mu mijyi  n’ahandi hose hahurira abantu benshi  gufata ingamba zo gukumira izerera ry’imbwa , hirindwa ko zaruma abantu,zikaba zabanduza virusi y’ibisazi by’imbwa.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye (A’Level) mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025 azatangazwa ku wa Mbere, tariki ya 01 Nzeri 2025, guhera saa cyenda z’amanywa
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko igihe cy’Umuhindo wa 2025, uhereye muri Nzeri kugeza Ukuboza, u Rwanda ruzagerwaho n’imvura iri ku kigero cy’impuzandengo gisanzwe
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), Gaspard Musonera, yasabye ibigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano gukora igenzura rihoraho ku mikorere yabyo
FARDC, yagabye ibitero bikomeye bya 'Drones' mu bice bya Rugezi, mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe mu gace gatuwemo n’abaturage b’Abanyamulenge
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR INkotanyi Amb. Wellars Gasamagera, ari kumwe n’abandi bagize iri shyaka, bitabiriye Inama Nkuru y’Ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda