Inama y’Abaminisitiri bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba bashinzwe Uburezi, yanzuye ko hanozwa politiki yo guhuza gahunda y’Uburezi aho impamyabumenyi yatanzwe na kaminuza yemewe yakwemerwa mu bihugu bigize umuryango wa EAC.
Intumwa za Guverinoma ya RDC zivuye mu murwa mukuru Kinshasa zakiriwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho zije gukurikirana ikibazo cy'umutekano mucye watewe n’iyoherezwa rya Brig Gen Olivier Gasita
Abahanzi Nyarwanda barimo King James, Bruce Melodie, Bwiza, Marina na Butera Knowless bahurijwe hamwe mu mushinga mpuzamahanga wo gusubiramo indirimbo 'Quand on est en amour' y'umuhanzi Patrick Norman
Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy'u Bwongereza bugaragaza ko u Rwanda ari igihugu cyabashije gutsinda icyorezo cya Maburg mu gihe gito ugereranyije n'ahandi hose ku Isi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye inzu ndangamurage ya Liberiya iri mu murwa mukuru wa Minova, anaganira n'urubyiruko rwo muri iki gihugu rwize mu Rwanda
Ku nshuro ya mbere mu mateka, Shampiyona y'Isi y'Amagare igiye kubera ku mugabane wa Afurika, mu gihugu cy'u Rwanda, mu Mujyi wa Kigali, guhera ku itariki ya 21 - 28 Nzeri 2025
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga