Prof. Musahara Herman impuguke ndetse akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) yitabye Imana azize uburwayi.
Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 20 Ugushyingo 2024, akaba yazize uburwayi nyuma y’igihe gito yaramaze avuye kw’ivuza mu Buhinde, aho yagarukanye imbaraga nke z’umubiri.