Inkuru Nshya

Perezida Kagame yageze i Genève

MINIJUST yasabwe gukemura ikibazo cy’abakatirwa iminsi 30 y’agateganyo bagatinda kuburanishwa

U Rwanda n’u Buhinde byashimangiye ubufatanye mu bya gisirikare

Abagore 7.6% bari munsi y’imyaka 30 ni bo barangije amashuri yisumbuye kuzamura

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres yagennye Umunyarwanda Anthony Ngororano kuba Umuyobozi w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye muri Madagascar.
Kuri uyu wa kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, ubwo abaturage ba Bukavu muri Kivu y'Amajyepfo bari bahuriye mu nama n'Ubuyobozi bw'ihuriro AFC/M23, Leta ya Congo yabarashemo ibisasu byahitanye bamwe abandi benshi barakomereka.
Guverinoma ya Qatar yemeje umushinga w'amasezerano yo gukuriraho Visa Abanyarwanda n'Abanye-Qatar, bakora ingendo, bafite pasiporo zisanzwe.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka