Inkuru Nshya

Mu Rwanda 73% by’abakobwa bari munsi y’imyaka 24 batarashyingirwa ni amasugi

Rayon Sports yasinyishijwe Dande Junior ukina nk’umuzamu

Mu 2025/26 hakusanyijwe imisoro y’arenga miliyari 3.956,4 Frw

FERWAFA yatangaje ibiciro byo kwandikisha abakinnyi

Uwari Umuyobozi w'Akarere ka Rusizi, Anicet Kibiriga yeguye ku mirimo ye yo kuyobora aka Karere kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024.
Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba asimbuye Dushimimana Lambert wari umaze amezi agera kuri cumi n'ane ayobora iyi Ntara.
Prof. Musahara Herman impuguke ndetse akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 20 Ugushyingo 2024, akaba yazize uburwayi nyuma y’igihe gito yaramaze avuye kw’ivuza mu Buhinde, aho yagarukanye imbaraga nke z’umubiri.
RwandAir yatangije ingendo zo mu kirere z’ubwikorezi bw’imizigo, mu mujyi wa Harare muri Zimbabwe.Ni itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwa X rw’iyi Sosiyeti y’Ubwikorezi bwo mu Kirere (RwandAir), rivuga ko yatangije ingendo z’ubwikorezi bw’imizigo mu cyerekezo cya munani kijya mu murwa mukuru wa Harare.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka