Inkuru Nshya

AFC/M23 yashimangiye ko idateze kuva muri RDC

“Kuvuga ko twavanaho ingamba z’ubwirinzi, ntabwo turi abiyahuzi”- Brig Gen Karuretwa

Mu Rwanda Impfu z’abana bari munsi y’imyaka itanu zagabanutseho 81.6% 

Kuvanga ingabo za RPA n’iza FAR byatanze ubutumwa ko umwanzi ukomeye atari umusirikare ahubwo ari imiyoborere mibi: Gen Karuretwa

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, NESA cyatangaje ko amanota asoza icyiciro cy’Amashuri y’isumbuye cya 2023/2024 azashyirwa hanze muri uku Gushyingo.
I Kigali hateraniye urubyiruko ruturutse hirya no hino muri Afurika, rwitabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt ifite insanganyamatsiko igira iti " Imirimo y'urubyiruko ishingiye ku guhanga ibishya.
Col (Rtd) Richard Karasira wari uri ku buyobozi bw'ikipe y'ingabo z'igihugu; APR FC yamaze gukurwa ku buyobozi bw'iyi kipe.
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’u Bwami bwa Jordan batanze inkunga y’ubutabazi bageneye abaturage bo muri Gaza bamaze umwaka bibasiwe n’intambara.
Ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, uzwi nka La Corniche (Grande Barriere), hagiye kubera ibiganiro bihuza intumwa z’ibi bihugu byombi n'iza Angola.
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi kw’izina rya Fatakumavuta yongeye kwitaba urukiko rwa Kicukiro, nyuma yuko mu cyumweru gishize yari yasabye ko urubanza rwe rwakimurwa kubera ko atiteguye kuburana.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka