Ibyihariye

Perezida Paul Kagame witabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt Africa yagaragaje uburyo kuba mu nkambi byatumye amenya ko ibibazo byose u Rwanda rwanyuzemo byaterwaga n’ubuyobozi bubi.
Col (Rtd) Richard Karasira wari uri ku buyobozi bw'ikipe y'ingabo z'igihugu; APR FC yamaze gukurwa ku buyobozi bw'iyi kipe.