Raymond Tuyishimire

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Perezida Kagame agaragaza ko iterambere ry’Isi atari irushanwa, ari inyungu rusange

U Bubiligi bwigaramye umugambi wo gufasha u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda

Amateka aranditswe! Rwanda Premier League yasinyiye akayabo

Nduhungirehe yasabye urubyiruko kurinda Igihugu abashaka kugisubiza mu icuraburindi

Abahanzi bo mu Itsinda The Brothers bigeze gukirigitwa n’inganzo, baririmba ko bya bihe byashize bibibutsa ya majoro ndetse n’indirimbo zabo ari zo zihora zibazenguruka mu mutwe.Ese iyo bavuze bya bihe, wowe ni iki kikuzamo? Ese wibuka bya bihe ababyeyi bagukubitiraga kuryama saa Sita z’amanywa cyangwa bimwe wakarabaga ukisiga, ukambara maze ukaba usa neza ubundi ukajya mu baturanyi kureba televiziyo, maze wahagera bakakwicaza ku isima cyangwa ku mukeka ngo nta mwana wicara mu ntebe
Umunyarwanda ukina nka myugariro, Josh Duc Nteziryayo, w’imyaka 17 y’amavuko yamaze kuzamurwa mu ikipe nkuru ya CF. Montreal , yo muri Canada ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Leta zunze ubumwe za America, Major League Soccer.
Abahanzi Mugisha Benjamin uzwi mu buhanzi nka The Ben na Itahiwacu Bruce, uzwi nka Bruce Melodie, Munyakazi, bahize gutanga ibyishimo mu gitaramo bazahuriramo cyinjiza abantu mu mwaka mushya wa 2026, cya The Nu Year Groove”, buri umwe ahiga kuzerekana ubuhangange bwe.
Umuziki uraryoha, umuziki uhuza abantu, umuziki ukiza abantu ariko kandi uru ruvange rw'amajwi y'amagambo atondekanyije mu buryo butandukanye ruryohera abarwumva iyo bibonera imbona nkubone abo bihebeye babasusurutsa mu mbaraga zabo zose
Police FC yatsinze Gasogi United 1-0, ikomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona n'amanota 26.
Umuhanzi Niyo Bosco yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Mukamisha Irene, mu muhango wabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Ukuboza, mu Murenge wa Kinyinya
U Rwanda rurakataje mu iterambere ndetse ruri kwaguka mu mfuruka zose bituma abarutuye baterwa ishema no kurubamo no kwiratana intambwe rugenda rutera.
Umuhanzikazi Bwiza Emerance yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya “Boda Boda”, ikubiyemo ubutumwa bureba abakundana uruzira uburyarya, anakebura abarurutisha ibintu

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka