Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Kimenyi Yves wahoze ari Nyezamu wa APR yashimiye Muyango Claudine ku bubutumwa yamugeneye ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko amwibutsa ko azahora ari igice gikomeye cy'ubuzima bwe
Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba ry’umukobwa uberwa n’amafoto mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yateye imitoma umugabo we Kimenyi Yves amwifuriza isabukuru nziza y'amavuko
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025, Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye Habiyambere Zacharie uzwi ku izina rya Bishop Gafaranga mu myidagaduro nyarwanda, igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitse ndetse n’ihazabu ya mafaranga ibihumbi (150.000Frw) no kwishyura amagarama y'urubanza.
Umuhanzi Intore Masamba, umunyamakuru Uwizeyimana Sylvestre benshi bazi nka Wasili n'Umuvugizi w’Abafana ba APR FC, Mugisha Frank uzwi nka Jaguani batumiwe mu Iseka Rusange rya Gen-Z Comedy
Rutahizamu w’umunya Ghana, Michael Sarpong, wakiniye ikipe ya Rayon Sports, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we Tierra Wright
Mu mpera z’icyumweru gishize, tariki 05 Ukwakira 2025, rutahizamu w’ikipe ya APR FC ndetse n’ikipe y’Igihugu “AMAVUBI” , Mugisha Gilbert uzwi cyane ku izina "Barafinda" yakoze ubukwe n’umukunzi we Mpinganzima Josephine.
Abakinnyi babiri ba APR FC barimo umunya-Ghana, Dauda Seidu Yussif ndetse n'umunya Maurtania, Mamadou Sy, bashobora guhanwa bikomeye n’ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC nyuma y'uko bitwikiriye ijoro bagatoroka kuri Hotel bari bacumbitsemo mu Misiri
Umunyamakuru akaba n'umushyushyarugamba, Anita Pendo yifurije isabukuru nziza y’amavuko umwana we w'ubuheta, Gisa Nia Ryan wujuje imyaka irindwi y’amavuko
Ni amashusho  abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda , ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998.
Mugisha Gilbert “Barafinda” ntari mu bakinnyi ba APR FC berekeje mu Misiri gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League, na Pyramids Fc kuko yitegura ubukwe buzaba ku cyumweru tariki ya 5 Ukwakira 2025, umunsi ikipe ye ifiteho umukino.