IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare 2026
Ikipe ya Gasogi United yanganyije na Al Merreikh SC igitego 1-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda, Rwanda Premier League
Umudage Jermaine Zemke w’imyaka 20 ukinira Rembe Rad-net, yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026, kakiniwe mu Karere ka Rubavu ku ntera y'ibilometero 8, akoresheje isaha imwe, iminota 44 n’amasegonda 27 (1h44’27’).
APR BBC igiye kwitabira imikino ya Shampiyona ya Basketbal yo gushaka itike y'iya kamarampaka izabera i Kigali muri Gicurasi
Umutoza wa Al Hilal, Laurențiu Reghecampf, yatangaje  ko we n’ikipe ye batazongera gukina imikino ya shampiyona, ikinwa saa cyenda z’amanywa (15:00) mu gisibo.
Umubiligi De Clercq Matthijs ukinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda ya 2026, k'ibilometero 127,2 kava Karongi kerekeza Rubavu
Abayobozi b’Ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare bafatanyije n’ab’Uturere twa Gatsibo na Nyagatare mu gufata mu mugongo umuryango waburiye umwana mu mpanuka yabaye ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santrafurika, zikorera i Bria, zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu mu Igororero rya Bria.
Minisitiri w'Urubyiruko n'Iterambere ry'Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Abdallah, yashimangiye ko umuco n'ururimi rw'Ikinyarwanda biri mu bintu by'ingenzi bihuza Abanyarwanda asaba urubyiruko gushyira ku isonga uru rurimi.
Umuholandi Jurgen Zomermaand ukinira Dévelopment Picnic PostNL team y'iwabo, ni we wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2026, kakinwe ku ntera y’ibilometero 145,3  kuva mu Karere ka Huye kugera mu Karere ka Rusizi.