IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Abakobwa batarengeje imyaka 17, yatsinzwe n'iya Zambia ibitego 2-0 mu mukino ubanza wo gushaka itike y'Igikombe cy'Isi.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryemereye umutoza Haringingo Francis Christian gutoza Rayon Sports FC mu buryo bwemewe n’amategeko, aho agiye kurwana urugamba rwo gukuramo ikinyuranyo cy'amanota 9 arushwa n'uwo bahanganiye igikombe
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko nubwo ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse, bitazagira ingaruka ku biciro by’ingendo ku bakoresha imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yerekanye ko imodoka na moto zikoresha amashanyarazi zishobora kuba igisubizo ku bibazo biri guterwa n’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025, havutse abana barenga ibihumbi 356 biganjemo abahungu, mu gihe abangana na 39,355 bo bitabye Imana muri uwo mwaka.
U Rwanda rwasinyanye na Sosiyete yo mu Busuwisi ikora imiti, Sandoz, amasezerano y'imikoranire, yo gukora no kuruha imiti itandukanye irimo ibinini n'ivura kanseri.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yakiriwe na Perezida wa Tunisia, Kaïs Saïed, amushyikiriza ubutumwa bwa mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 15 Mata 2026, ahagana saa tanu z’amanywa, mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Norvege kuri Ruliba, habereye impanuka y’amayobera, aho imodoka yari irimo abantu batanu yagurutse ikarenga umuhanda ubwo yakataga ikorosi.
Hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo bwa mbere u Rwanda rwakire imikino y'Igikombe cya Afurika cy'Amakipe yabaye aya mbere iwayo mu Bagabo (CAVB Men's Club Championship) 2026.
Muri iyi nkuru, urasobanukirwa byinshi byihariye ku buzima bwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, intiti mu mateka yanaminuje mu by’amategeko Mpuzamahanga, agakora imirimo itandukanye mu Rwanda irimo kuba Senateri, n’ibindi mbere yo kugirwa Minisitiri.