Nina Cynthia

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Amb. Urujeni Bakuramutsa, yashyikirije Perezida w’u Busuwisi, Karin Keller-Sutter, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Mu Karere ka Huye, hatashywe Ikigo cy’Urubyiruko cyiswe 'Inzozi Youth Center', kizajya gikoreshwa nk'ahantu ho kwigira ubumenyi bushya no gukorera imishinga ibyara inyungu
Abahinzi bagera kuri 89.9% bakoze ibikorwa byo kurwanya isuri mu mirima yabo, aho biyongereye ku kigero cya 0.8%mu gihe abakoresheje ifumbire y’imborera biyongereye ku kigero cya 6.9% ugereranyije n’igihembwe nk'iki umwaka ushize.
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) yatangaje ko u Rwanda rwahawe kwakira ibirori byo gutanga ibihembo by’abakinnyi b’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y'igihugu, rwafashe Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi akabasaba gutanga amafaranga.
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB ku bufatanye na Polisi y'u Rwanda beretse itangazamakuru abantu 72 batawe muri yombi bakekwaho ibyaha bifitanye isano no gukora no gucuruza ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge.