IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Perezida Kagame yavuze ko bidakwiye ko hari abakerensa ubushobozi bw’ibihugu birimo n’u Rwanda, bagaragaza gushidikanya ko bidashobora kwakira kwakira amarushanwa akomeye ku rwego rw’Isi, nka Shampiyona y’Isi y’Amagare, avuga ko iyo mitekerereze itakijyanye n’igihe
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cya Muganga Chantal aregamo Dr. Nsabimana Ernest wahoze ari Minisitiri w'Ibikorwaremezo, kumubeshya urukundo bikamuviramo ibikomere ,nta shingiro gifite
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane,Amb Olivier Nduhungirehe, yasabye Umuryango w’Abibumbye (UN) kugira uruhare rufatika mu guhangana n’ivangura, urwango n’ibimenyetso byerekana ibyaha byibasiye inyo kumuntu mu Karere k’Ibiyaga Bigari
U Rwanda rwakiriyeitsinda ry’abaturage 314 babarizwaga mu miryango 101, batashye ku bushake,bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Ubuyobozi w'ikipe ya Gasogi United, bwatangaje ko bugeneye intebe y'icyubahiro (VVIP) nk'igimbo cyo kutaboneka mu kibuga Kwa Ndikumana Asumani wa Rayon Sports, utazabasha gukina umukino uzabahuza.
Minisitiri w'Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, uri mu ruzinduko rw'akazi mu Intara y'Amajyepfo, yasuye ibikorwa bitandukanye bizanira iterambere aka Karere birimo uruganda rwa Nyiramugengeri n'ahantu hororerwa amafi.
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE,  Bizimana Jean Damascene yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y'u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza.
U Rwanda rwashyizeho ku mugaragaro itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi, ryemerera bwa mbere uburyo bwo gutwitira undi (surrogacy) ariko rigena amabwiriza akomeye kugira ngo iyi serivisi ikorwe mu buryo bwemewe n’amategeko.
Ikigo cy'u Rwanda cy'ibimenyetso bya gihanga bikoreshwa mu butabera Rwanda Forensic Institute RFI cyatangaje ko kigiye kongera amashami yacyo hirya no hino mu gihugu, ndetse no hanze yacyo.
Abashyitsi bari mu Rwanda aho bari gukurukira Shampiyona y’Isi y'Amagare, bagaragaje ko bashimishijwe n’ubwiza bw'Igihugu na serivisi nziza barimo guhabwa mu mahoteli anyuranye.