IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ba Ambasaderi bashya bahagarariye Ubuyapani na Qatar mu Rwanda bagaragaje ko bagiye gushyira imbaraga mu gushimangira umubano n’ubutwererane mu nzego zitandukanye ndetse no kwagura ishoramari n’ubucuruzi hagati ‘Ibihugu byabo n’u Rwanda.
Abasirikare b'u Rwanda muri brigade ikora ibijyanye n’ubwubatsi , boherejwe muri Jamaica mu gutanga umusanzu wo gufasha iki gihugu gusana ibyangijwe n'umuyaga wiswe Melissa.
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryamenyesheje amakipe ane yabaye aya mbere muri Shampiyona ya 2024/25 ariyo APR FC, Rayon Sports FC, Police FC na AS Kigali, ko azakina Igikombe cy'Intwari (Heroes Cup 2026), aho kuba ane ya mbere muri Shampiyona ya 2025/26
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Gihugu “Rwanda Premier League” rwatangaje ingengabihe y'uko amakipe azahura mu mikino yo kwishyura ya 2025/26, izatangira tariki 30 Mutarama 2026
Umujyi wa Kigali wagaragarije Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo mu Nteko Ishinga Amategeko ko, mu mezi atandatu ya mbere y’itangira ry’ikoreshwa ry’ingengo y’imari ya 2025/2026, hamaze gukoreshwa asaga miliyari 109,4 z’amafaranga y’u Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yavuze ko Guverinoma izongera gutanga Madamu Louise Mushikiwabo nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw'Igifaransa (OIF)
Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana yasabye ko isuku yaba umuco mu mashuri nk'ahantu hahurira umubare munini bityo abana bakiga neza kandi bafite ubuzima bwiza.
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, yibukije abakoresha umuhanda ko ari igikorwaremezo gikwiye gufatwa neza, abasaba kubahiriza amategeko awugenga mu rwego rwo gusigasira iterambere, amahoro n'umutekano