IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Amagaju FC yatangaje Sghir Hammad nk’umutoza Mukuru mushya wayo mu gihe yari imaze ibyumweru birenga bitatu idafite umutoza Mukuru.
Police FC yegukanye Igikombe cy'Intwari cya 2026, itsinze APR FC kuri penaliti 7-6, nyuma y'uko umukino urangiye a makipe yombi aguye miswi, anganya igitego 1-1.
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z'u Rwanda, banashyira indabo ku kimenyetso cy’ubutwari kiri ku Gicumbi cy'Intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali.
Tariki 1 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu, aho Abanyarwanda bari mu gihugu no muhanga bahurira ahantu hatandukanye bazirikana ibikorwa byiza byaranze Intwari z’u Rwanda n’amasomo bavomamo mu rugamba rwo guteza imbere Igihugu.
Al Hilal SC yo muri Sudani ikina muri Shampiyona y’u Rwanda, yatsinze Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa kane mu matsinda ya CAF Champions League
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda yasoreje ku mwanya wa 12 mu makipe 16 mu mikino y’Igikombe cya Afurika cya Handball.
Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda,TI),watangaje ko ko mu rwego rw'uburezi higanje ruswa ishingiye ku gitsina cyane cyane mu mashuri makuru na za kaminuza ndetse n’iy’amafaranga muri serivisi zimwe na zimwe cyane cyane ku bafite intege nke.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko mu cyumweru kimwe, u Rwanda rwinjije miliyoni 13 z'amadorari ya Amerika, yaturutse kuri toni ibihumbi 10,204 z’ibikomoka ku buhinzi bitandukanye byoherejwe mu mahanga