Jean Bernard Mukundente

Jean Bernard Mukundente

U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ya Gatandatu y’Ubuhinzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka, (6th World Congress on Agroforestry 2025 – #WCA2025.
Ihuriro Nyarwanda ry’Urubyiruko rukora Ubuhinzi n’Ubworozi (RYAF) ryasinye amasezerano n’Umuryango Mpuzamahanga GAIN Rwanda (Global Alliance for Improved Nutrition) agamije kurwanya imirire mibi mu Rwanda
Vincent Sindukubwabo yazanye agashya ko gukoresha iminyorogoto mu gukora ifumbire nziza kandi ihendukiye abahinzi bato n'abaciriritse ya 'Vermicompost'
Isaac Niyonizeye yashinje kompanyi itubura ibirayi yise 'Mahwiyacu Ltd', ndetse kuri ubu ntitwareka kuvuga ko iyi kompanyi yabereye igisubizo abahinzi bo mu turere ikoreramo aritwo Burera, Gicumbi na Musanze
Chantal Kamashazi, ni umwe mu rubyiruko ruri ku isonga mu guhanga udushya mu buhinzi no kurengera ibidukikije, aho yashinze kompanyi ya 'Mind Valley Rwanda Ltd' itunganya imyanda ikabyazwamo ifumbire, hagamijwe guha abahinzi amahirwe yo kongera umusaruro wabo
Minisitiri Dr. Mark Bagabe, yakiriye itsinda ry’inzobere zaturutse muri Brazil mu biganiro bigamije gufatanya n'u Rwanda mu kuzana inka za 'Girolando', zizwiho kororoka neza no gutanga umukamo mwinshi
Ubuhinzi ni urwego rutanga amahirwe y’iterambere, kandi uyu munsi Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo gushishikariza urubyiruko kwibona mu buhinzi nk’inzira yo kwihangira imirimo, kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no kurwanya imirire mibi
Isi yose iri guhangana n’ihindagurika ry’ibihe n’inzara, ari na ko abahanga bashyira imbaraga mu guharura inzira nshya zafasha mu gushaka ibisubizo birambye kuri ibi bibazo