Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Abapolisi bagiye kujya mu butumwa bwa Loni muri Central Africa babanje guhabwa impanuro

Perezida Kagame yagaragaje uko ikoreshwa rya ‘nuclear’ ryafasha u Rwanda kuba igihugu gikize

Ubuhinzi: Igisubizo ku izamuka ry’ibiciro no kuringaniza ubucuruzi mpuzamahanga

RIB yerekanye babiri bibishaga amayeri bakanasambanya abana b’abakobwa

Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yabujije ikipe yayo kwitabira shampiyona y'Isi y'Amagare iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda.
Wazalendo yo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo yanze ko muri ibyo bice hakorera abasirikare ba Leta ya Kinshasa, bahaje baturutse i Kalemie
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wungirije ushinzwe umugabane w’Afurika, Tibor Nagy yanenze igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC na Perezida Felix Tshisekedi, ku ngendo nyinshi akora mu mahanga mu gihe abaturage bo mu gihugu cye bicwa umunsi ku wundi
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryungutse abasirikare barenga ibihumbi 7, biganjemo aba FARDC bafatiwe mu mujyi wa Goma
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imyaka 18, akaza gusimburwa na Perezida Felix Tshisekedi, yanyomoje itangazo ryamwitiriwe rivuga ko agiye gusubira ku butegetsi kugira ngo arengere igihugu cye
Intumwa za Guverinoma ya RDC zivuye mu murwa mukuru Kinshasa zakiriwe mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho zije gukurikirana ikibazo cy'umutekano mucye watewe n’iyoherezwa rya Brig Gen Olivier Gasita
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu n'icy'u Burundi, byabagabyeho ibitero biturutse i Bujumbura na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, bityo ko bagiye kugira icyo bakora ngo bihagarare
Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira batuye Umuyobozi w’uyu mujyi, Kifara Kapenda Kik'y, akababaro n’ubugome bakomeje gukorerwa na Wazalendo, na we abizeza amahoro n’umutekano no gukurikirana ikibazo cy'umutekano wabo
Ihuriro rya AFC/M23 ryafashe ibindi bice bishya byo muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kwirukanamo ingabo zirwanira ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo
Mu mujyi wa Uvira haramukiye imyigaragambyo ikomeye igamije kwirukana Brig Gen Olivier Gasita, woherejwe kuhayobora ibikorwa bya gisirikare na Perezida Felix Tshisekedi

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka