Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Uyu munsi Ijuru ryohereje ku Isi umugabo uhamye! Nadia Agasaro yateye imitoma Riderman ku munsi w’isabukuru ye

Abapolisi bagiye kujya mu butumwa bwa Loni muri Central Africa babanje guhabwa impanuro

Perezida Kagame yagaragaje uko ikoreshwa rya ‘nuclear’ ryafasha u Rwanda kuba igihugu gikize

Ubuhinzi: Igisubizo ku izamuka ry’ibiciro no kuringaniza ubucuruzi mpuzamahanga

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasizuba, EAC, n’uwa Afurika y’Amajyepfo, SADC, bongeye kugirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe icyakorwa kugirango amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
AFC/M23 yarahiriye kwigiza kure ingabo za FARDC, ingabo z'u Burundi, FDNB n’imitwe yitwaje intwaro bikorana, nyuma yaho bigaragaye ko iri huriro ry'ingabo rimaze iminsi myinshi mu myiteguro yo kubarwanya
Imiryango y'Abanyamulenge barokotse ubwicanyi bwo mu Gatumba mu gihugu cy'u Burundi yibutse ubu bwicanyi ku nshuro ya 21 ndetse basaba Umuryango w'Abibumbye n'ibihugu by'Akarere guta muri yombi abakekwaho ubu bwicanyi
Abarwanyi b’umutwe wa M23 utavuga rumwe na leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigaruriye utundi duce dushya mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk'uko amakuru ava muri ibi bice abyemeza
Umuryango wa Human Rights Watch wamaganye igisirikare cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC n’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zarebereye ubwicanyi buheruka gukorerwa abaturage mu Ntara ya Ituri bukozwe n’Umutwe w’Iterabwoba wa ADF
Umutwe wa M23 wagaragaje impamvu utitabiriye ibiganiro bahuriramo na Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bibera i Doha muri Qatar, bifitanye isano no kuba RDC yakomeje guhonyora ibikubiye mu masezerano y'amahoro hagati y'impande zombi
Perezida w’Umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye ibirego by’ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe uburenganzira bwa muntu biherutse gutangaza ko uyu mutwe wishe abantu 169 muri teritware ya Rutshuru
Leta Zunze ubumwe z’Amerika zasabye abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu bihugu 21 byo hirya no hino ku Isi, birimo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubera ko hari umutekano muke
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko u Rwanda ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 bibera i Doha muri Qatar

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka