Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, umuturage ukomoka mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yagabweho igitero gikomeye n’abasivili bamushinja kuba ari Umunyarwanda, bakanavuga ko asa na Perezida w’u Rwanda
Umuyobozi w’umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko batemera na gato igitekerezo cyo kwinjizwa cyangwa gusubizwa mu ngabo za FARDC kuko zitsindwa
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika iharanira  Demukarasi ya Congo (RDC), hamwe na Perezida Donald Trump bazahurira i Washington tariki ya 4 Ukuboza 2025.
AFC/M23, yigaruriye uduce twa Kimbili na Nyarubemba duherereye muri teritwari ya Shabunda mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y'imirwano ikomeye bahuriyemo n'ingabo za FARDC.
Amb. Olivier Nduhungirehe yamaganye imyanzuro yafatiwe mu nama ya cyenda y’abakuru b’Ibihugu n’abahagarariye za Guverinoma zigize umuryango wa CIRGL
Abahagarariye Leta ya Kongo n’umutwe wa AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano-shingiro agomba gutegura ikomeza ry’imishyikirano igamije kugera ku masezerano y’amahoro arambye
Capt Sébastien Mugunga Rwamuhigo, wari umusirikare mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, yiciwe mu mujyi wa Uvira n'abasirikare bagenzi be, azira kuba avuga Ikinyarwanda
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasubitse ku munota wa nyuma inama yari iteganyijwe guhuza Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Polisi y’u Rwanda yashimiye ingamba zafashwe mu gukumira impanuka z’amakamyo mu Karere ka Rubavu, inacyebura abashoferi b'amakamyo nama bisi, bibutswa ko umutekano w'umuhanda nabo ubareba
Umutwe wa MRDP-Twirwaneho wigaruriye agace ka Marunde gaherereye hagati ya Mikenke na Kigazura muri Segiteri ya Itombwe, teritwari ya Mwenga, uhirukanye ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR na Wazalendo