Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Perezida Kagame yagaragaje uko ikoreshwa rya ‘nuclear’ ryafasha u Rwanda kuba igihugu gikize

Ubuhinzi: Igisubizo ku izamuka ry’ibiciro no kuringaniza ubucuruzi mpuzamahanga

RIB yerekanye babiri bibishaga amayeri bakanasambanya abana b’abakobwa

“Uri impano nahawe n’Ijuru”  Umunyamakuru  wa Siporo Rigoga Ruth yateye imitoma umugabo we

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko nubwo gikorana na Wazalendo, kidafite ububasha bwo kuyigenzura kandi ko yahawe intwaro na Perezida Felix Tshisekedi.
Moïse Nyarugabo wahoze ari Senateri muri RDC, mu burakari bwinshi yasabye guverinoma y’iki gihugu n'iyu Burundi ashinja kugaba ibitero ku Banyamulenge muri Kivu y'Amajyepfo, kubihagarika, bitaba ibyo zikavugutirwa umuti
Brig Gen Olivier Gasita ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu ntara ya Maniema, yageze mu mujyi wa Uvira, ibintu birushaho kuzamba, ku buryo hashobora kwaduka intambara ikomeye hagati ya Wazalendo na FARDC
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko nta muhuza ukenewe kugira ngo Abanye-Congo bakemure amakimbirane bafitanye
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, washyizweho n’ihuriro rya AFC/M23, Busa Bwa Ngwi Nshombo yasabye abaturage bo mu gace ayoboye gutanga inoti zishaje bafite kugira bahabwe inshya
FARDC, yagabye ibitero bikomeye bya 'Drones' mu bice bya Rugezi, mu Majyepfo ashyira Uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe mu gace gatuwemo n’abaturage b’Abanyamulenge
Ihuriro rya AFC/M23 rivuga ko Komisiyo ryashyizeho ishinzwe kuzahura ubutabera mu bice bigenzurwa n’iri huriro yatangiye akazi kayo ku magaragaro, mu rwego rwo kurandura burundu umuco wo kudahana
Mu ntangiriro z'icyumweru gishize, nibwo Qatar yakiriye ibiganiro bishya bihuza impande zishyamiranye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, AFC/M23 na Leta ya Kinshasa.
Umusirikare wa FARDC wo mu ngabo zishinzwe umutekano w’umuyobozi w’ingabo muri Kivu y’Amajyepfo, ku ruhande rukiri mu maboko ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarashwe na Wazalendo
Leta y’u Rwanda yakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka