Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Ibiciro ku masoko byazamutseho 9,2% muri Gashyantare

Abashoramari 200 baturutse mu Burayi bateraniye mu Rwanda kureba aho bashora imari

Meteo Rwanda yateguje Abaturarwanda imvura nyinshi ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ni urwenya ruvanze n’amashimwe y’ibyo Imana yakoze!  Ben na Chance  batumiwe muri Gen Z Comedy Show

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry'izindi ngabo bafatanyije zagabye ibitero zikoresheje indege z’intambara, zisenyera abaturage muri teritware ya Rutshuru no muri Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Rutayisire Vianney, umunyarwanda wari rwiyemezamirimo akaba yarafungiwe muri gereza y’urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Repubulika iharanira demukarasi ya Congo, Demiap ruherereye i Kinshasa yapfuye.
oseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo imyaka 18,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwo muri iki gihugu rwamukatiye igihano cyo kwicwa nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorana n’umutwe wa AFC/M23.
Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo zimaze iminsi ibiri zihanganira n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RD Congo, mu duce dutandukanye two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,yahuye rwihishwa n’umuyobozi mukuru w’abacanshuro ba Blackwater
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ryigaruriye uduce tune duherereye muri teritware za Mwenga na Walungu mu ntara ya Kivu y'Epfo.
Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko gahunda yabo ari ugukuraho perezida Felix Tshisekedi,aha inkwenene Tshisekedi ushukisha Perezida Donald Trump amabuye kandi nta kirombe agira, anenga abashinja u Rwanda gufasha uyu mutwe wa M23 .
Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye kuri uwo mwanya nyuma yigitutu yari amaze igihe ashyirwaho n’Abadepite bo muri iki gihugu.
Imirwano ikomeye yongeye kubura i Mpety muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo n’iza Alliance Fleuve Congo, AFC/M23.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka