Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Guverineri KAYITESI yasabye utundi turere kwigira kuri Nyamagabe gahunda ya GiraWigire

Abahinzi n’aborozi basabwe gushyira imbere ikoranabuhanga, ubufatanye no guhanga ibishya

Afahmia Lotfi yijeje abafana ba Gicumbi FC kububakira ikipe ikomeye

Gusigasira ibyagezweho, Kwishakamo ibisubizo no Guhanga ibishya : Imyanzuro ya Biro Politiki ya RPF

Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru wa Global Citizen, Hugh Evans, ku mikoranire isanzwe hagati y’impande zombi igamije guteza imbere ubukungu, by’umwihariko mu nzego z’ubuzima n’uburezi
Mu gihe habura iminsi icyenda gusa ngo irushanwa rya FIFA Series ritangira, abasifuzi bane b'Abanyarwanda batoranyijwe kuzasifura iyi mikino
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Nsengimana Joseph, avuga ko abana bahabwa uburezi bufite ireme bakiri bato bagira amahirwe menshi yo gutsinda neza mu mashuri abanza ndetse bakarushaho no gukunda ishuri
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene yagaragaje impamvu atemeranya n'abavuga ko amateka y'u Rwanda akwiriye kurekeraho kuvugwa, avuga ko udashobora kubasha kunga abantu utabasobanuriye impamvu yatumye bamwe bicwa
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo igitaramo cy'amateka gitegerejwe n'abatari bake mu Rwanda ndetse no bihugu bituranye narwo kibe. Iki ni igitaramo cya Move Africa cyatumiwemo umuraperi Doja Cat ugiye gutaramira bwa mbere ku Mugabane wa Afurika
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko rworoheje uburyo abaturarwanda n’imiryango y’abagororwa bashobora kuboherereza amafaranga, hagamijwe kunoza serivisi zo mu magororero
Hoteli The Pinnacle Kigali iherereye Rebero mu Mujyi wa Kigali, yashyizwe ku rutonde ngarukamwaka rwa TIME Magazine rugaragaza ahantu 100 hafite uburanga budasanzwe ku Isi ho gusura cyangwa kurara
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Usta Kayitesi, yashimiye ndetse anagenera ibihembo umunyeshuri Atete Kagorora Arianah wahize abandi mu irushanwa ryo kwandika inyandiko ndende mu bihugu bya Afurika y'Uburasirazuba, 'EAC Essay Writing Competition
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, zagabye ibitero bya by'ifashishijwe indege zitagira abapilote zizwi nka drone mu mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bihitana Umunyafaransa wakoreraga ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka