Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Amb. w’u Rwanda muri Kenya, Erneste Rwamucyo, yashimye uruhare Kaminuza ya Mount Kenya yagize mu guteza imbere uburezi mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba
Abaturage baturiye pariki ndetse n'ibiyaga bibamo inyamanswa bishimira ingamba zashyizweho zo kubaka uruzitiro ku ma pariki no gucukura imisingi ku biyaga kuko byakemuye ikibazo cy'izi nyamanswa zajyaga kubonera imyaka
Nyuma y'umwaka urenga ikibuga cy'Indege cya Goma gifunze, kuri uyu wa Kane, Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ryahaye uburenganzira indege y'Intumwa idasanzwe ya Monusco, Vivian van de Perre, ugiye gukurikirana ibikorwa by'ishyirwaho ry'agahenge
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yitabiriye Inama ya 48 isanzwe y’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ihuza Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byinyamuryango
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryakiriye ubusabe 688 bw’abatoza bujuje ibisabwa, bifuza gutoza Ikipe y’Igihugu y’Amavubi
Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa yakiriye indahiro ya Musonera Gaspard, uherutse kugirwa Komiseri muri Komisiyo y'Igihugu y'Amatora
Ishuri ryisumbuye rya Bumbogo ryatsinze amarushanwa ku Kinyarwanda, Umuco n'Umurage mu mashuri yisumbuye rifite amanota 90%, rikaba ariryo rizahagararira Umujyi wa Kigali muri aya marushanwa yitabirwa n'ibigo byo mu gihugu hose
Intebe y'Inteko y'umuco, Amb. Robert Masozera yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza yo gukoresha ururimi rw'Ikinyarwanda, yiswe 'Ikinyarwanda ku isonga' azaba aje gufasha Abanyarwanda by'umwihariko urubyiruko kwibona mu rurimi gakondo rwabo
Umutwe wa AFC/M23 winjije mu gisirikare abandi basirikare bashya 7,532, nyuma yo gusoza amahugurwa n'imyitozo mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, kiri mu gace ka Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru