Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yakiriye kopi z’impapuro zemerera Ambasaderi Irene Vida Gala, guhagararira Brazil mu Rwanda
Harabura iminsi ibiri gusa ngo ibirori bihuruza amahanga byo Kwita Izina abana b’ingagi 40 ku nshuro ya 20 bibe. Ni ibirori bizaba kuwa 5 Nzeri 2025, bibere mu Kinigi mu Karere ka Musanze.
Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, DGPR [Democratic Green Party of Rwanda] ryavuze ku mwuka mubi uvugwa mu ishyaka no kwirukanwa kw’Abarwanashyaka, rinakomoza ku bivugwa ko ryaba rikorana na FDLR
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika ifite ibintu byose kugira ngo ibashe kwiteza imbere no kwihaza mu biribwa, ahubwo abatuye uwo mugabane bakwiye guhindura imyumvire n’imikorere
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cy'u Rwanda cyafashe icyemezo cyo kwakira impunzi kuko cyakuye amasomo mu buhunzi, avuga ko mu bushobozi bucye igihugu gifite kizafasha abo bantu
Sosiyete y'u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) , yatangaje ko imirimo yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II igeze kure ndetse  rwahaye akazi abantu barenga 500.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi mu mashuri, NESA, cyatangaje amanota y’Ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025, aho abiga Imyuga tekiniki n’Ubumenyingiro batsinze ku kigero cyo hejuru
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama y’Ubucamanza, Domitilla Mukantaganzwa, yatangaje ko  mu mwaka w’ubucamanza wa 2024-2025 , haciwe imanza 15012, zaciwe hisunzwe inzira y’ubuhuza n’ubwumvikane
Madamu Jeannette Kagame yasabye abashinga ingo bakiri bato kwirinda irari n’ikindi cyasenya urugo ahubwo bakubakira ku kizere.
Perezida Paul Kagame ari i Dakar muri Senegal aho yitabiriye inama Nyafurika yiga ku kwihaza mu biribwa, " Africa Food Systems Forum2025, yatangiye kuri iki cyumweru tariki ya 31 Kanama ikazageza 5 Nzeri 2025.