Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yibukije abarangije muri Kaminuza y’u Rwanda kuzirikana ko ari bo mbaraga z’igihugu, bagakoresha neza ubumenyi bahawe mu guteza imbere igihugu.
Mu karere ka Kayonza, mu Murenge wa Murama, imvura ivanze n’umuyaga n’umuvu, byishe abantu batandatu , inasenya inzu zirenga 22.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no kurengera umwana ,NCDA, cyagaragaje ko  hakiri icyuho cy’ubumenyi bucye mu bakora mu  ngo mbonezamikurire bityo bikadindiza iterambere n’imikurire y’umwana.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT), Yves Iradukunda, yavuze ko Marie Immaculée Ingabire yaranzwe no kwicisha bugufi ndetse iteka agaharanira kuvugusha ukuri no kurwanya akarengane.
Sadati Munyakazi, yasabye imbabazi kubera imvugo yakoresheje imvugo ipfobya Abarundi n'Abanye-Congo, aho yavugaga ko  Abanyarwanda bakwiriye gukora cyane kugira ngo bakire, mu myaka iri imbere bazajye batanga akazi ko gukubura imihanda yo mu Rwanda no koza ubwiherero ku Barundi n’Abanye-Congo.
Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi (MINAGRI), yatangaje ko kugeza ubu Abanyarwanda bihagije ku biribwa ku kigero cya 83%.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yafashe mu mugongo Abanya-Kenya bari mu bihe by’akababaro k’itabaruka rya Raila Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu.
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka ushize.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,ku wa 15 Ukwakira 2025, yakiriye Ambasaderi w'u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin , bagirana ibiganiro.
Mu karere ka Kamonyi, mu muhanda w'amabuye Kamonyi -Runda -Ruyenzi habereye impanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa Howo , igonga abantu barenga 10.