Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima,RBC, ku wa 2 Mutarama 2025, cyatangaje ko u Rwanda rwatangije urukingo rw'indwara y'umwijima rwo mu bwoko bwa B, izwi nka Hépatite B, ku bana bakivuka
Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuguruje imvugo ya Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga we, Bizimana Edouard, washinjaga Qatar kutambamira Amerika mu kugira icyo ikora ngo amahoro n'umutekano bigerweho mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Perezida wa Nigeria Asiwaju Bola Ahmed Adekunle Tinubu, kuri iki cyumweru tariki ya 4 Mutarama 2026, yatangaje ko yanejejwe no gusangira ifunguro rya saa sita na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Polisi ikorera mu Karere ka Musanze mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 4 Mutarama 2026, yarashe umwe mu bagerageje kuyirwanya
Umuvugizi wungirije wa M23, Dr. Oscar Balinda, yatangaje ko Ihuriro AFC/M23 ritarwana rigamije gufata ubutegetsi ahubwo ko baharanira amahoro no gutuma Abanye-Congo bahunze , bagaruka mu gihugu cyabo, ahishura ko intandaro y'umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo ari umutwe wa FDLR wahungiye muri icyo gihugu .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko umunyamakuru Emmanuel Ndahiro uzwi ku izina rya Taikun yafunguwe nyuma y’uko rukoze ubuhuza hagati y’ukekwa n’uwakorewe icyaha.
Inama Nkuru y’Ubucamanza yirukanye burundu abacamanza batatu n’abanditsi b’inkiko babiri bazize ibyaha bifitanye isano na ruswa, inashyira mu myanya abandi 15
Urwego rw'Igihigu rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi Umunyamakuru wa Radio / TV10, Ndahiro Emmanuel uzwi nka ‘Taikun’.
Impunzi z'Abanye-Congo ziri mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe no mu ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, n'iziba mu nkambi ya Nyabiheke iherereye mu Karere ka Gatsibo, zazindukiye mu rugendo rw'amahoro rugamije kwamagana amagambo yuzuye amacakubiri, akoreshwa na bamwe mu bayobozi b'igihugu cyabo.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro rwasinyanye na RDcongo ariko ko rutazihanganira ikizahungabanya amahoro n'umutekano by'Abanyarwanda.