Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana yasabye  abarangije mu Itorero Indangamirwa kuba bandebereho muri byose n’Urumuri rw’Urwanda rushya
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasizuba, EAC, n’uwa Afurika y’Amajyepfo, SADC, bongeye kugirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe icyakorwa kugirango amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
NAEB yahembye ikawa 20 za mbere nziza zahize izindi mu mwaka wa 2025, binyuze mu irushanwa ngarukamwaka y’ubwiza buhebuje bw’ikawa y’u Rwanda
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu miryango ya EAC na SADC bitabiriye inama idasanzwe yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC
Gen Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko hakozwe amakosa mu kudashyira umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu biganiro by’amahoro bya Doha
Urukiko rwa Gisirikare ruherereye rwatangiye kuburanisha abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, muri RCS n’abasivili, bakekwaho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo utagenewe
Abaturage 15 bo mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo bajyanywe kwa muganga nyuma yo kunywa umutobe bikekwa ko wari wahumanyijwe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n'Ubutwererane w’u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe, yihanganishije umuryango wa Amb. Dr. Aisa Kirabo Kacyira witabye Imana
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere NST 2 (2024-2025), guverinoma izakomeza gukumira no guhangana n’izamuka ry’ibiciro
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko agaciro k’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga kazikuba kabiri mu myaka itanu (2024-2029), kagere kuri miliyari 7.3$ kavuye kuri miliyari 3.1$