Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yegeka ibibazo byayo ku Rwanda, anahishura ko Perezida Tshisekedi ubwe ari we watangije ibiganiro bya Doha na Washington agamije inyungu ze bwite
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yageze i Abidjan, muri Côte d’Ivoire, aho ahagarariye Nyakubahwa Perezida Kagame mu muhango w'irahira rya Perezida watowe, Alassane Ouattara.
Urwego rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwafunze Twagirayezu Jean Paul, Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu
URwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228$ , akubiyemo intego yo gushyigikira urwego rw’ubuzima mu Rwanda mu gihe cy'imyaka itanu.
Perezida Kagame ni umwe mu bitabiriye tombora y’uko amakipe azahura mu gikombe cy’Isi cya 2026.
Minisitiri w'Intebe ,Dr Nsengiyuma Justin, yagaragaje ko Kiliziya Gatorika yo mu Rwanda, yagize uruhare rukomeye mu iterambere ry'igihugu,yubaka amashuri n'amavuriro byafashije Abanyarwanda.
Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda,Antoine Cardinal Kambanda, yashimiye Imana, Kiliziya yose na Nyirubutungane Pope Leo XIV kubera iyi Yubile y'impurirane, avuga ko kiliziya yo mu Rwanda yavuye ahantu hakomeye.
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko mu mwaka wa 2025, abantu 130 bishwe n'ibiza , inzu 1800 zirasenyuka.
Abanye-Congo 526 biganjemo abana n'abagore, bahungiye mu Rwanda imirwano iri kubera mu bice bya Kamanyola no mu nkengero zaho.