Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje ko ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bukomeje gukora ibikorwa by'ubugome, aho kuri ubu ingabo za leta ,FARDC, iri kurasa abaturage n'amatungo.
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, ku wa 26 Gashyantare 2026, yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique.
Mu karere ka Kayonza, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane , tariki ya 26 Gashyantare 2026, inkuba yakubise Inka 10 z'abaturage babiri, eshanu zihita zipfa.
Madamu Jeannette Kagame, akaba ari nawe washinze Imbuto Foundation, kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Gashyantare 2026, yakiriye itsinda riyobowe na Princess Marie-Chantal, umwe mu bashinze gahunda ya "Building Better Futures" porogaramu y' Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.
Umunyamakuru Gloria Mukamabano , wari umaze imyaka icyenda mu Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA),  yasezeye.
Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yatangaje ko kuba muri Repubulika Iharanira Demokarsi ya Congo harakunze kurangwa n'ikibazo cy'umutekano mucye by'umwihariko mu mujyi wa Goma, uhana imbi n'u Rwanda, byadindije ifungurwa ry'ikibuga cy'indege cya Gisenyi .
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi n'imigeri, yatawe muri yombi .
Guverinoma y'u Rwanda n'umuryango mpuzamahanga utari uwa leta , GiveDirectly , basinyanye amasezerano y'imyaka itanu aho hazatangwa miliyoni 150$, agamije gukura abaturage mu bukene.
Abantu batandatu bakekwaho kwiba insinga z’amashanyarazi mu Mujyi wa Rubavu, Akarere ka Rubavu, batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa bimwe mu bikoresho by’amashanyarazi .