Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Perezida wa Kenya,Wiliam Ruto, yagennye ba Ambasaderi bahagarariye iki gihugu mu bindi bihugu birimo na RDC, mu bice bya Goma bigenzurwa n’umutwe wa M23
Inyubako y'ubucuruzi yo mu karere ka Kicukiro, ikoreramo ikigo gicuruza imigati, ikawa n'ibindi,yitwa Lamane,  yafashwe n'inkongi y'umuriro , ibirimo birangirika
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ise akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Perezida Paul Kagame, ari abakire kurusha Elon Musk, ufatwa nk’umuherwe ku rwego rw’Isi
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kurangwa no gukorera mu mucyo ndetse n’ubunyangamugayo
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabonanye na Minisitiri wungirije ushinzwe Ububanyi n'Amahanga n'Ubucuruzi muri Australia, Matt Thistlethwaite, baganira ku mikoranire y'impande zombi
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yavuze ko muri uku kwezi kwa Kanama 2025, inkuba zakubise mu turere dutandukanye tw’igihugu, zatumye abantu batatu batakaza ubuzima abandi batandatu barakomereka
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi, basobanurirwa amateka u Rwanda rwanyuzemo
Abagize Urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano, DASSO, bagera kuri 391 basoje amasomo abinjiza mu kazi bari bamazemo amezi atatu
Minisitiri w’Intebe,Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kugira uruhare mu iterambere n’icyerekezo cy’igihugu
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kuvuguruza abasebya u Rwanda, batanga amakuru y’ukuri