Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Abacukura amabuye y'agaciro ya Tungsten mu Rwanda bishimiye icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kuvanaho imisoro mpuzamahanga ku mabuye y’agaciro arimo Zahabu, Tungsten, Graphite na Uranium
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibibazo byinshi by’umutekano muke n’ivangura muri Afurika bituruka ku buyobozi bubi n’imiyoborere idashyira imbere ubumwe bw’abaturage
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi ubusabe bw’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bwasabye ko Ingabire Victoire afungurwa
Ubushakashatsi bwakorewe mu gihugu cy'u Bwongereza bugaragaza ko u Rwanda ari igihugu cyabashije gutsinda icyorezo cya Maburg mu gihe gito ugereranyije n'ahandi hose ku Isi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye inzu ndangamurage ya Liberiya iri mu murwa mukuru wa Minova, anaganira n'urubyiruko rwo muri iki gihugu rwize mu Rwanda
Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere, RDB rwatangaje ko rumaze gukusanya imashini zirenga ibihumbi 8,000 z’imikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi, bitewe n'uko zakoreshwaga mu buryo butemewe n’amategeko
Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda, Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo, aho yitegura guhura na Zimbambwe mu mukino wayo wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Guverinoma y’u Rwanda yateguye ko izashora miliyari 70 Frw muri gahunda yo kwimura abaturage ahazaba hagiye kubakwa urugomero rwa Nyabarongo II
Umuraperi Ishimwe Semana Kevin, uzwi nka Ish Kevin, yasinye amasezerano yo gukorana n'inzu itunganya umuzuki ya Universal Music Group ishami rya Afurika y'Uburasirazuba, (Universal Music Group East Africa)