Amakuru

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yibukije abaturage ko serivisi nziza ari uburenganzira bwabo asaba Abayobozi b'inzego z'ibanze ko gushyira iterambere ry'umuturage ku isonga. 
Urwego rw'Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kugeza ubu rufunze abanyamahanga basaga 500 mu magororero atandukanye hirya no hino mu Gihugu.
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare bwabasabiye igifungo cya burundu abagabo babiri bo muri aka Karere bakekwaho ibyaha byo kwica abagore babo
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yegeka ibibazo byayo ku Rwanda, anahishura ko Perezida Tshisekedi ubwe ari we watangije ibiganiro bya Doha na Washington agamije inyungu ze bwite
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwatangije ishyirwa mu bikorwa ry'igihano gishya cy'imirimo y'inyungu rusange (Community Services Penalty), abagikatiwe bakora bataha mu ngo zabo
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yageze i Abidjan, muri Côte d’Ivoire, aho ahagarariye Nyakubahwa Perezida Kagame mu muhango w'irahira rya Perezida watowe, Alassane Ouattara.