Amakuru

Minisitiri Utumatwishima yagaragaje impungenge ku 10% by’urubyiruko rudashaka gukora

Ikigega ‘Aguka Youth Fund’ cy’ingwate y’urubyiruko  kimaze kugeramo miliyari 1,5 Frw

U Rwanda rwakiriye inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta n’izindi nzego

REMA yahagaritse by’agateganyo serivisi zitangirwa ku biro byayo

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) basinye amahame yitezweho kugarura amahoro arambye, ku bufatanye na Leta zunze Ubumwe z'Amerika. Ni igikorwa cyabereye i Washington, D.C kuri uyu wa 25 Mata 2025.
Kuri uyu wa 23 Mata 2025, Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi abantu abagabo bane (4) mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu, Akagali ka Buhaza, Umudugudu wa Murambi, bafashwe bafite amadorali y'Amerika y’amahimbano ibihumbi bine (4000$) n’ibikoresho bifashishaga mu kuyakora.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka