Imyidagaduro

Amashimwe ni yose kuri Yago wavuye mu Bitaro

Element Eleeeh yashyize hanze indirimbo ‘Ayayaah’ yakoranye na Joshua Baraka na Bien Aime

Jules Sentore agiye gukora igitaramo cya mbere giherekeza Album ye  ‘Umudende’

Ibyumba 5, aho kurebera filime n’aho gukorera siporo: Ibintu 8 byihariye mu nzu ya Mutesi Jolly

Muri uyu mwaka wa 2026, Umujyi wa Kigali witeguye kwakira ibikorwa bikomeye bya siporo n’imyidagaduro bizahuza Abanyarwanda n’abaturutse hirya no hino ku Isi
Umuraperikazi mpuzamahanga, Doja Cat yemeje ko azataramira mu Rwanda ndetse na Afurika y’Epfo mu bitaramo byateguwe na Move Afrika muri Werurwe 2026.
Umunyamideli ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chanel Iman hamwe n’umugabo we, Davon Godchaux bishimiye ibihe byiza bagiriye mu Rwanda, ubwo basuraga Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga
Rwiyemezamirimo ukiri muto akaba n’umwe mu bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ngabo Karegeya yishimiye gusurwa na Ministiri wa Siporo Madamu Nelly Mukazayire mu cyanya cyahariwe ubukerarugendo bushingiye ku muco ahazwi nko ku Ibere rya Bigogwe.
Urukiko Rukuru rwa Nyarugenge rwasubitse urubanza rwa Turahirwa Moses uzwi nka 'Moshions' waburanaga ubujurire bw'igihano cy'igifungo cy'umwaka umwe yakatiwe ashinjwa gukoresha ibiyobyabwenge
Mu mwaka w’i 2010, abakunda umuziki wo mu Rwanda no mu Burundi bumvise bwa mbere kuri Radio ndetse abacye bari bafite Televiziyo babona indirimbo ikoze mu rurimi rw'Igiswahili ihuriyemo abanyabigwi mu muziki w’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba aribo Intore Massamba wo mu Rwanda na Kidum Kibido wo mu Burundi
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Art-Rwanda Ubuhanzi Xperience no gusoza icyiciro cya Gatatu cy’amarushanwa ya Art-Rwanda Ubuhanzi agamije gushyigikira no guteza imbere impano z’urubyiruko mu buhanzi.
Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 13 Gashyantare 2026, umuhanzi Yvan Muziki yaraye atunguye umukunzi we akaba n'umuhanzikazi Marina Deborah amwambika impeta y'urukundo amusaba kuzamubera umugore.
Junior Rumaga yatangaje ko ageze kure imyiteguro y’ibitaramo by’iserukiramuco ry'ubusizi n'ubuhanzi yise 'Siga Art Festival' azatangirira mu Karere ka Huye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka