Mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa kabiri tariki ya 2 Ukuboza 2025, hatangijwe igeragezwa ry’uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange bigizwemo uruhare n’Ikigo cya Leta cya Ecofleet Solutions.
Umuririmbyi w’indirimbo ya 169 mu Gushimisha Imana yarateruye agira ati “Mana nk’uko wafashaga ba sogukuruza, ni ko natwe uzadufasha mu myaka iri imbere.”
Nyuma y'uko amatike yo kwinjira mu gitaramo Davido, azakorera mu mujyi wa Kigali, ashize ku isoko, hategujwe umunsi wa kabiri, uyu muhanzi azahurira n'abakunzi be ibizwi nka 'Meet&Greet"
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yerekeje i Washington DC, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho azitabira umuhango wo gusinga amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, DRC
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Ukuboza 2025, yagize Senateri, Dr Charles Murigande, yongera kugaruka mu ruhando rwa Politiki yaherukagamo mu myaka itanu ishize.
Ambasaderi w'u Rwanda muri Tanzania, Gen Patrick Nyamvumba yavuze ko ingendo za RwandAir zerekeza mu kirwa cya Zanzibar, zije ari igusubizo ku baturage b'impande zombi
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga