Inkuru Nshya

Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko iterambere rya Afurika mu bijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano, AI, ritazashingira ku bwinshi bw'abarikoresha gusa ahubwo n'uburyo ibihugu by’Afurika bihitamo ibibazo bikwiye gukemurwa hakoreshejwe iryo koranabuhanga
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta yakiriwe n’umukuru w’igihugu cya Angola, Perezida João Lourenço ndetse amugezaho ubutumwa Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame
Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo, Niyo Bosco, yatangaje ko yitegura gukora ubukwe n’umukunzi we Mukamisha Irene, bitarenze muri Mutarama 2026
Madamu Jeannette Kagame yashimiye uburyo ishuri rya Kepler College rifasha urubyiruko rw’u Rwanda n’abandi Banyafurika kubona ubumenyi bujyanye n’igihe tugezemo, ndetse budaheza uwariwe wese
Umutwe w'inyashemba ugizwe n'abasize bakoze Jenoside mu Rwanda wa FDLR, kuri ubu ubarizwa mu mashyamba y'Uburasirazuba bwa Congo, ukomeje kwinangira no kwanga kuva ku izima ku gushyira hasi intwaro
Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Ntwari Fiacre, agiye kumara amezi abiri adakina nyuma yo kubagwa imvune y’urutugu yari amaranye igihe
Hashakineza Jean Claude, yavuze ko intego y’icyerecyezo cya 2050 cy’Igihugu yo kubaka ubukungu bushingiye ku bumenyi itagerwaho abana b’u Rwanda batize neza, bityo ko bisaba kugira abarimu bashoboye kandi bateguwe neza
Minisiteri y’Ubucuruzzi n’inganda, MINICOM, yatangaje ko  yamenye ibibazo byagaragajwe n’abakiriya ba Spiro , yizeza ko igiye kubikemura.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC),yatangaje ko ishima intambwe imaze guterwa mu kugabanya ubukene, inashima uruhare rw'imiryango itari iya leta mu iterambere ry'Igihugu.
Perezida Kagame uri mu rugendo rw'akazi muri Guinée , yifatanyije nabo gutangiza umushinga munini wo gucukura amabuye y’agaciro wa ‘Simandou Iron Ore Project’.