Inkuru Nshya

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta ku Isi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku ntambara imaze imyaka myinshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga u Rwanda atari rwo nyirayabazana w’ibibazo bihari, ndetse n'intambara iriyo itatangijwe n'u Rwanda, naba nyirubwite babizi
Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda (RAB) cyatangaje ko kiri gukora ubushakashatsi ku mbuto nshya cumi n’ebyiri z’ibigori zongerewe ubudahangarwa bwo kwirinda indwara ya nkongwa no guhangana n’ihindagurika ry’ibihe ndetse zitezweho kugabanya igihombo kigaragara mu buhinzi bw’ibigori ku kigero cya 75%.
Imyaka 20 irashize , Abanyarwanda b'imbere mu gihugu n'abo hanze, basasa inzobe bakarebera hamwe icyateza imbere igihugu n'umunyarwanda.
Ikipe ya APR FC yigirije nkana kuri Gasogi united iyitsinda ibitego 3-0 mu mukino w'umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Dr. Manirakiza Benjamin usanzwe ari umwarimu muri Kaminuza, na UMUHOZA Hamida , INEZA Fidella , Mucyo Vanessa , bafungwa by'agateganyo bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa n'icyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina.
Amagaju FC yatangaje Sghir Hammad nk’umutoza Mukuru mushya wayo mu gihe yari imaze ibyumweru birenga bitatu idafite umutoza Mukuru.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka