Ibyihariye

Bugesera: RIB yasubije terefone zifite agaciro k’arenga miliyoni 40 Frw zari zaribwe

Mu 2030 AI izagira uruhare rwa 6% mu musaruro mbumbe w’u Rwanda

U Rwanda rwahawe kuyobora inama nkuru y’Abaminisitiri b’ibihugu bigize Umuhora wo Hagati

Minisitiri Nsengimana yabwiye aba ofisiye basoje amasomo ko ari intangiriro y’inshingano nshya

U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) basinye amahame yitezweho kugarura amahoro arambye, ku bufatanye na Leta zunze Ubumwe z'Amerika. Ni igikorwa cyabereye i Washington, D.C kuri uyu wa 25 Mata 2025.
Kuri uyu wa 23 Mata 2025, Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi abantu abagabo bane (4) mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu, Akagali ka Buhaza, Umudugudu wa Murambi, bafashwe bafite amadorali y'Amerika y’amahimbano ibihumbi bine (4000$) n’ibikoresho bifashishaga mu kuyakora.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka